Umushumba mukuru wa Kiliziya Gaturika, Papa Francis, yavuze ko abagabo basambana n’abandi bagabo bakagombye kwakirwa aho guhabwa akato.
Papa ariko yagaragaje aho Kiliziya Gaturika ihagaze ku bantu bahuza ibitsina babisangiye, avuga ko ari icyaha kandi yamagana icyo yise umugambi ukomeye w’abo bantu wo kwumvikanisha uburenganzira bwabo, avuga ko ari ikibazo gikomeye.
Yavuze ariko ko atari umucamanza wo kugaragaza umuntu ukora ibyo bikorwa n’utabikora, ati icyo n’ikibazo twabaza Imana.
Papa Francis kandi yavuze ko yifuza ko abagore bagira uruhare runini muri Kiliziya nubwo badashobora gusengerwa nk’abapadiri.
Ibyo Papa yabivuze ari mu ndege ava muri Brazil asubira iwabo.
Sources BBC
Recent Comments